Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni
Toni 10
Toni 12
Toni 16
Toni 24
Hitamo igisubizo nyacyo
Urwego B rugenewe imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya yo kwicarwamo hatabariwemo uw'umuyobozi:
Irenga 8
Itarenga 8
Irenga 18
Hitamo igisubizo nyacyo
Ibyerekeye amatara y'inyuma y'ikinyamitende na velomoteri, intera iba gusa:
Metero 100
Metero 150
Metero 200
Hitamo igisubizo nyacyo
Urwego D rugenewe imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya yo kwicarwamo haabariwemo uw'umuyobozi:
Itarenga 18
Itarenga 8
Irenga 8
Irenga 18
Hitamo igisubizo nyacyo
Igihe harimo indi myanya birabujijwe gutwara abana ku ntebe y'imbere y'imodoka badafite imyaka:
8
10
12
15
Hitamo igisubizo nyacyo
Ahantu ho kugendera mu muhanda herekanwa n’ibimenyetso bimurika ibinyabiziga ntibishobora kuhagenda
Biteganye
Ku murongo umwe
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Hitamo igisubizo nyacyo
Makuzungu ni iki ?
Ni ikinyabiziga cyagenewe gukururwa icyo aricyo yose gifatishwa ku kinyabiziga gikurura.
Ni romoroki iyo ariyo yose ifatishwa ku kinyabiziga gikurura.