.
Hitamo uburyo ubinyuzamo
whatsapp
Facebook
Twitter
rw
Kanda *182*7*1#
Ukurikize amabwiriza yo kwishyura
Pack ugura iyo ariyo yose, urahabwa code muri sms uzajya ukoresha igihe cyose ugiye gukora ikizamini cy’umwitozo.
Ibizamini 15
1,000 RWF
Amasaha 24
Ibizamini 25
2,000 RWF
Iminsi 7
Ibizamini 60
5,000RWF
Iminsi 30
Ibizamini bidashira
10,000RWF
Amezi 3
Iga kugeza utsinze
30,000RWF
Amezi 12 + Kwandikishwa kubuntu
Kwishyura ninako kwemera amategeko n'amabwiriza
hagarika
Iyandikishe
Tangira
Gura code
Tangira ikizamini
Amategeko y'ibanze
Kugenda mumuhanda
Ibinyabiziga
Ibimenyetso
Ibiranga Ibinyabiziga
Imigenzurire n'imiterere y'ibinyabiziga
Inama
8Â months
Amakuru
Itara ndangamubyimba
Itara ryerekana icyerekezo
Itara ndangaburumbarare
Ibisubizo byose ni ukuri
Hagarara akanya gato
Hagarara
Byose si byo
Birabujijwe kunyura ku kindi kinyabiziga
Gutambuka mbere y'ibinyabiziga biturutse imbere
Icyerekezo gitegetswe
Inkomane ( Gutambuka mbere hakirikijwe amategeko rusange)
Inkomane :AHO UMUMANDA UMWE URASUKIRA IBUMOSO MU MFURUKA YENDA KUBA IGOROROTSE.
Byose ni byo
Bw'ibara ry'umukara
Bw'ibara ry'umweru
Bw'ibara ry'ubururu
Guhagarara akanya gato
Kureka ibinyabiziga byahageze bigatambuka
Gukomeza kugenda igihe bimworoheye
Iyo umuhanda umurikiye umuyobozi abasha kureba muri metero 20
Iyo ikinyabiziga kigiye kubisikana n’ibindi
Iyo ari mu nsisiro
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Imirongo idacagaguye
Imirongo icagaguye
Imirongo irembereje
Nta gisubizo cy'ukuri kirirmo
Feri y’urugendo
Feri yo guhagarara umwanya munini
Feri yo gutabara
Metero 50 nibura
Metero 100 nibura
Metero 200 nibura
Metero 150 nibura
Akaba yera cyangwa asa n'umuhondo imbere
Aba ari umutuku cyangwa umuhondo inyuma
Ana B ni Ibisubizo by'ukuri
Nta gisubizo cy'ukuri kirimo
Itarenga 18
Itarenga 8
Irenga 8
Irenga 18
Burenga ibiro 3500
Butarenga ibiro 3500
Burenga ibiro 5000
Utarenga ibiro 5000
Butarenga ibiro 1500
ibinyabiziga bifite ubugari burenga m 2 na cm 10
ibinyabiziga bya police y’igihugu
ibinyabiziga ndakumirwa
Igikomatanyije
Makuzungu
Remoroki
Minisitiri ushinzwe gutwara abantu n'ibintu
Porokireri wa repubulika
Polisi ishinzwe umutekano mu muhanda
Rivuga umuntu wese ukora akazi ke kandi abifitiye ubushobozi niyo
bivuga umwe mu bakozi bavugwa mu ngingo ya 3 y'iri teka, wambaye ku buryo bugaragaza ibimenyetso by'imirimo ashinzwe.
Nta nakimwe kirimo
Igihe bitunganijwe neza kandi bigaragara bihagije
Igihe abishaka
A na B ni ibisubizo by'ukuri