Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni
Toni 10
Toni 12
Toni 16
Toni 24
Hitamo igisubizo nyacyo
Ibinyabiziga bigomba kugira Itara ry'ubururu rimyatsa ribonesha impande zose, ni ibi bikurikira;
Ibinyabiziga by gisirikare
Ibinyabiziga ndakumirwa
Ibisubizo byose nibyo
Hitamo igisubizo nyacyo
Urwego D rugenewe imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya yo kwicarwamo haabariwemo uw'umuyobozi: