Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni
Toni 10
Toni 12
Toni 16
Toni 24
Hitamo igisubizo nyacyo
Isonga y'impombo yohereza ibyotsi ntishobora kwerekezwa aha hakurikira
Ibumoso bw'ikinyabiziga
Iburyo bw'ikinyabiziga
Inyuma h'ikinyabiziga
Nta gisubizo cy'ukuri kirimo
Hitamo igisubizo nyacyo
Urwego B rugenewe imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya yo kwicarwamo hatabariwemo uw'umuyobozi:
Irenga 8
Itarenga 8
Irenga 18
Hitamo igisubizo nyacyo
Uburemere ntaregwa bwemewe ni:
Uburemere bw’ikidapakiye.
Uburemere bugendanwa.
Nta nakimwe kirimo
Hitamo igisubizo nyacyo
Bivugwa ko ikinyabiziga gihagaze umwanya munini iyo byagenze bite ?