.
Hitamo uburyo ubinyuzamo
whatsapp
Facebook
Twitter
rw
Kanda *182*7*1#
Ukurikize amabwiriza yo kwishyura
Pack ugura iyo ariyo yose, urahabwa code muri sms uzajya ukoresha igihe cyose ugiye gukora ikizamini cy’umwitozo.
Ibizamini 15
1,000 RWF
Amasaha 24
Ibizamini 25
2,000 RWF
Iminsi 7
Ibizamini 60
5,000RWF
Iminsi 30
Ibizamini bidashira
10,000RWF
Amezi 3
Iga kugeza utsinze
30,000RWF
Amezi 12 + Kwandikishwa kubuntu
Kwishyura ninako kwemera amategeko n'amabwiriza
hagarika
Iyandikishe
Tangira
Gura code
Tangira ikizamini
Amategeko y'ibanze
Kugenda mumuhanda
Ibinyabiziga
Ibimenyetso
Ibiranga Ibinyabiziga
Imigenzurire n'imiterere y'ibinyabiziga
Inama
4Â months, 3Â weeks
Amakuru
Umuhanda ukomeza
Umuhanda utaringaniye
Ifungana ry'umuhanda
Imbere hari imisozi
Nta na kimwe kizima kirimo
Ubururu
Umweru
Umutuku
Nta gisubizo cy’ukuri
Ntiwemerewe kujya munsi y'umuvuduko uri ku kimenyetso
Umuvuduko ntarengwa ugarukira kuwugaragara ku kimenyetso
Ntiwemerewe gutwara hano udafite byibuze imyaka iri ku kimenyetso
Ibitegetswe byihariye gusa
Ubugerure cyangwa amarengamategeko rusange cyangwa ibibujijwe ndetse n'ibitegetswe byihariye
Nta gisubizo cy'ukuri kirimo
Hafi y’iteme iyo hari umuhanda ufunganye
Hafi y’aho abanyamaguru banyura
Hafi y’ibice by’umuhanda bimeze nabi
Ibi bisubizo byose ni ukuri
Hategekwa gukomeza kuza abaturuka mu cyerekezo gisanganya amaboko arambuye.
Hategekwa guhagarara abaturuka mu cyerekezo gisanganya amaboko arambuye.
A na B ni ibisubizo by'ukuri
Keretse hari impamvu nyakuri ibibateye
Bambukiranya imihanda mu nzira y'abanyamaguru
Iyo bagize itsinda ry'abantu benshi
Nta gisubizo cy'ukuri kirirmo
Ku kintu kirabagirana
Ku kintu kiyohereje
Ku mpande z'inzira nyabagendwa
Itara ndangamubyimba
Itara ryerekana icyerekezo
Itara ndangaburumbarare
Ibisubizo byose ni ukuri
Amatara y'urugendo cyangwa amatara kamenabihu
Amatara y'urugendo cyangwa amatara kamenabihu y'imbere
Amatara kamenabihu y'imbere
Burenga ibiro 750
Bungana n'ibiro 750
Butarenga ibiro 750
Igihe kiruta igihe ikinyabiziga giharara hinjiramo abantu cg ibintu.
Igihe igihe kirengeje isaha
Nta na kimwe kirimo
Uburemere bw’ikidapakiye.
Uburemere bugendanwa.
Nta nakimwe kirimo
Ahatarengeje metero 1 imbere cyangwa inyuma y’ikinyabiziga gihagaze akanya gato cyangwa kanini :
Ahantu hari ibimenyetso bibuza byabugenewe
Aho abanyamaguru banyura mu muhanda ngo bakikire inkomyi
Ibisubizo byose nibyo
Biteganye
Ku murongo umwe
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Ni igikoresho cyose gikoze mu biziga.
Igikoresho cyose gikoreshwa mu gutwara ibintu n’abantu ku butaka, igihingishwa, gikoreshwa mu nganda n’ahandi.
Amasaha amwe n'amwe
Igihe ari ngombwa
Mu buryo busimburana
N'umukozi ubifitiye ububasha
12
14
15
modoka zakorewe gutwara abantu kandi zifite imyanya 12 ntarengwa yo kwicarwamo hatabariwemo uw'umuyobozi.
modoka zakorewe gutwara abantu kandi zifite imyanya 8 ntarengwa yo kwicarwamo hatabariwemo uw'umuyobozi.