Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni
Toni 10
Toni 12
Toni 16
Toni 24
Hitamo igisubizo nyacyo
Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko umuvuduko ntarengwa w’amapikipiki mu isaha ni
Km25
Km70
Km40
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Hitamo igisubizo nyacyo
Bivugwa ko ikinyabiziga gihagaze umwanya munini iyo byagenze bite ?