Ni ikihe kimenyetso kigaragaza ko wahagaze umwanya munini ?
Ni igihe urenze iminota ibiri uhagaze
Ni igihe waparitse neza
N iigihe uba wajimije moteri.
Hitamo igisubizo nyacyo
Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni