UGUHINGUKA KU MWARO CYANGWA KU NKOMBE CYANGWA AHEGEREYE ICYOME
IFUNGANARY'UMUHANDA
NTA NA KIMWE
Hitamo igisubizo nyacyo
Imburira zimurika zemerewe gukoreshwa kugirango bamenyeshe umuyobozi ko bagiye kumunyuraho aha hakurikira
mu nsisiro cyangwa ahandi hose
ahegereye inyamaswa zikurura
hafi y’amatungo
Cyitegereze neza / Hitamo ubusobanuro
Ntiwemerewe kujya munsi y'umuvuduko uri ku kimenyetso
Umuvuduko ntarengwa ugarukira kuwugaragara ku kimenyetso
Ntiwemerewe gutwara hano udafite byibuze imyaka iri ku kimenyetso
Hitamo igisubizo nyacyo
Ibinyabiziga bikoreshwa nka tagisi, bitegerereza abantu mu nzira nyabagendwa, bishobora gushyirwaho itara ryerekana ko ikinyabiziga kitakodeshejwe. Iryo tara rishyirwaho ku buryo bukurikira
Ni itara ry’icyatsi rishyirwa imbere ku kinyabiziga
Ni itara ry’icyatsi rishyirwa ibumoso
) Ni itara ry’umuhondo rishyirwa inyuma
Hitamo igisubizo nyacyo
Nta na rimwe abanyamaguru bashobora gutinda mu muhanda cyangwa kuhahagarara keretse:
Keretse hari impamvu nyakuri ibibateye
Bambukiranya imihanda mu nzira y'abanyamaguru
Iyo bagize itsinda ry'abantu benshi
Nta gisubizo cy'ukuri kirirmo
Hitamo igisubizo nyacyo
Ni ikihe kimenyetso kigaragaza ko wahagaze umwanya munini ?
Ni igihe urenze iminota ibiri uhagaze
Ni igihe waparitse neza
N iigihe uba wajimije moteri.
Hitamo igisubizo nyacyo
Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini mu muhanda wo hagati mu nzira igizwe n'imihanda:
Ibiri
Itatu
Ine
Hitamo igisubizo nyacyo
Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni