.
Hitamo uburyo ubinyuzamo
whatsapp
Facebook
Twitter
rw
Kanda *182*7*1#
Ukurikize amabwiriza yo kwishyura
Pack ugura iyo ariyo yose, urahabwa code muri sms uzajya ukoresha igihe cyose ugiye gukora ikizamini cy’umwitozo.
Ibizamini 15
1,000 RWF
Amasaha 24
Ibizamini 25
2,000 RWF
Iminsi 7
Ibizamini 60
5,000RWF
Iminsi 30
Ibizamini bidashira
10,000RWF
Amezi 3
Iga kugeza utsinze
30,000RWF
Amezi 12 + Kwandikishwa kubuntu
Kwishyura ninako kwemera amategeko n'amabwiriza
hagarika
Iyandikishe
Tangira
Gura code
Tangira ikizamini
Amategeko y'ibanze
Kugenda mumuhanda
Ibinyabiziga
Ibimenyetso
Ibiranga Ibinyabiziga
Imigenzurire n'imiterere y'ibinyabiziga
Inama
7Â months, 3Â weeks
Amakuru
biremewe munsi yicyi cyapa
biremewe imbere y’icyi cyapa
birabujijwe imbere n’inyuma yicyi cyapa
Hanyurwa n'ibinyabiziga bifite ubutambike bugaragara ku cyapa
Ntihanyurwa n'ibinyabiziga bifite uburebure habariwemo n'imizigo bwerekanwa ku kimenyetso
Byose ni byo
Icyapa A
Icyapa B
Icyapa C
Icyapa D
Agatambaro gatukura kuri cm 50 z’umuhanda
Ikimenyetso cy’itara risa n’icunga rihishije
Icyapa cyera cya mpande enye zingana gifite cm 20 kuri buri ruhande
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
20cm na 60cm
10cm na 60cm
60 cm na 25cm
Abanyamaguru bambukiranya umuhanda avuyemo cyangwa uwo aganamo
Ibinyabiziga byihura cyane
Ibinyabiziga n'abanyamaguru bivuye mu muhanda agendamo
Nta gisubizo cy'ukuri kirirmo
Agomba guhagarara
Agomba kubigabanya
Agomba gukurura ikinyabiziga cye
Kurengera inzira y’abanyamaguru.
Amategeko y'abanyamaguru
A na B ni ibisubizo by'ukuri
2
3
1
Toni 10
Toni 12
Toni 16
Toni 24
Ku kintu kirabagirana
Ku kintu kiyohereje
Ku mpande z'inzira nyabagendwa
Metero 50
Metero 100
Metero 150
Igihe kiruta igihe ikinyabiziga giharara hinjiramo abantu cg ibintu.
Igihe igihe kirengeje isaha
Nta na kimwe kirimo
70km/h
50km/h
80km/h
Ku binyabiziga by’ingabo bijya ahatarenga km25
Ibinyabiziga bihinga
Ibinyabiziga bya police
Biteganye
Ku murongo umwe
Ibiro 350
Ibiro 750
Ibiro 2500
umuhanda ugabanyije
kimwe mu bice bigabanyije umuhanda mu burebure bwawo bishobora kugaragazwa n'umurongo umwe ukomeje cyangwa ugizwe n'uduce dukulikiranye ariko icyo gisate kikagira ubugari buhagije ku buryo ibinyabizig
Zirimo amoko atatu
Zirimo amoko abiri
Zirimo amoko arindwi
Porokireri wa repubulika
Minisitiri ushinzwe gutwara abantu n'ibintu
Polisi y'igihugu
Komite y'igihugu ishinzwe umutekano mu muhanda