Ukuboko kuzamuye k’umukozi ubifitiye ububasha kuvuga iki ?
Kuvuga ko abo ukuboko kuganaho bagomba kwihuta
Kuvuga ko umugenzi wese agomba guhagarara keretse uwageze mu masangano ugomba guhita ahava.
A na B ni ibisubizo by'ukuri
Hitamo igisubizo nyacyo
Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni