.
Hitamo uburyo ubinyuzamo
whatsapp
Facebook
Twitter
rw
Kanda *182*7*1#
Ukurikize amabwiriza yo kwishyura
Pack ugura iyo ariyo yose, urahabwa code muri sms uzajya ukoresha igihe cyose ugiye gukora ikizamini cy’umwitozo.
Ibizamini 15
1,000 RWF
Amasaha 24
Ibizamini 25
2,000 RWF
Iminsi 7
Ibizamini 60
5,000RWF
Iminsi 30
Ibizamini bidashira
10,000RWF
Amezi 3
Iga kugeza utsinze
30,000RWF
Amezi 12 + Kwandikishwa kubuntu
Kwishyura ninako kwemera amategeko n'amabwiriza
hagarika
Iyandikishe
Tangira
Gura code
Tangira ikizamini
Amategeko y'ibanze
Kugenda mumuhanda
Ibinyabiziga
Ibimenyetso
Ibiranga Ibinyabiziga
Imigenzurire n'imiterere y'ibinyabiziga
Inama
5Â months, 3Â weeks
Amakuru
Werekana icyago kidahoraho
werekana aho bagana cyangwa aho bayobereza umuhanda nk'igihe cy impanuka
Byose ni byo
Umuhanda ukomeza
Umuhanda utaringaniye
Ifungana ry'umuhanda
Kureka amatara ndanga akaguma yaka
Kureka amatara yo k,ubisikana na kamena-bihu akaguma yaka
Kureka amatara yo kubisikana akaguma yaka
Kureka amatara y’urugendo akaguma yaka
Tambuka nyuma
Aho umuhanda urangirira
Iherezo ryo gutambuka mbere
20cm na 60cm
10cm na 60cm
60 cm na 25cm
Ni igihe urenze iminota ibiri uhagaze
Ni igihe waparitse neza
N iigihe uba wajimije moteri.
Ibimenyetso biri mu muhanda
Ibimenyetso bimurika
Ibimenyetso byera biri mu muhanda
Abakozi babifitiye ububasha
10 Km/h
5Km/h
20 Km/h
40km/h
Metero 50 nibura
Metero 100 nibura
Metero 200 nibura
Metero 150 nibura
Akaba yera cyangwa asa n'umuhondo imbere
Aba ari umutuku cyangwa umuhondo inyuma
Ana B ni Ibisubizo by'ukuri
Nta gisubizo cy'ukuri kirimo
Ibumoso bw'ikinyabiziga
Iburyo bw'ikinyabiziga
Inyuma h'ikinyabiziga
Uburemere bwite hongewemo uburemere bw’imizigo.
Uburemere bwite hakuwemo uburemere bw’imizigo.
Nta nakimwe kirimo
80km/h
70km/h
60km/h
50km/h
Itarenga 18
Itarenga 8
Irenga 8
Irenga 18
yo imizigo igizwe n'ibinyampeke, ikawa, amakara, ipamba idatonoye, ibishara, ibyatsi, ibishami cyangwa ubwatsi bw'amatungo bidahambiriye
Iyo ikinyabiziga kibyikoreye kigeze munsisiro
Ntagisubizo kirimo
8
10
12
15
Biteganye
Ku murongo umwe
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Porokireri wa repubulika
Ubutegetsi bwarutanze
Minisitiri ushinzwe gutwara abantu n'ibintu
Rivuga umuntu wese ukora akazi ke kandi abifitiye ubushobozi niyo
bivuga umwe mu bakozi bavugwa mu ngingo ya 3 y'iri teka, wambaye ku buryo bugaragaza ibimenyetso by'imirimo ashinzwe.
umuhanda ugabanyije
kimwe mu bice bigabanyije umuhanda mu burebure bwawo bishobora kugaragazwa n'umurongo umwe ukomeje cyangwa ugizwe n'uduce dukulikiranye ariko icyo gisate kikagira ubugari buhagije ku buryo ibinyabizig
A na B ni ibisubizo by'ukuri