.
Hitamo uburyo ubinyuzamo
whatsapp
Facebook
Twitter
rw
Kanda *182*7*1#
Ukurikize amabwiriza yo kwishyura
Pack ugura iyo ariyo yose, urahabwa code muri sms uzajya ukoresha igihe cyose ugiye gukora ikizamini cy’umwitozo.
Ibizamini 15
1,000 RWF
Amasaha 24
Ibizamini 25
2,000 RWF
Iminsi 7
Ibizamini 60
5,000RWF
Iminsi 30
Ibizamini bidashira
10,000RWF
Amezi 3
Iga kugeza utsinze
30,000RWF
Amezi 12 + Kwandikishwa kubuntu
Kwishyura ninako kwemera amategeko n'amabwiriza
hagarika
Iyandikishe
Tangira
Gura code
Tangira ikizamini
Amategeko y'ibanze
Kugenda mumuhanda
Ibinyabiziga
Ibimenyetso
Ibiranga Ibinyabiziga
Imigenzurire n'imiterere y'ibinyabiziga
Inama
5Â months, 2Â weeks
Amakuru
Ibyapa biri ku cyome
Ibyangombwa by'icyome
Umuyobozi w'icyome
Ibyapa biri kuri buri nkombe
mu nsisiro cyangwa ahandi hose
ahegereye inyamaswa zikurura
hafi y’amatungo
Gukina
Abana
Nta na kimwe kizima kirimo
Inkomane ( Gutambuka mbere hakirikijwe amategeko rusange)
Inkomane :AHO UMUMANDA UMWE URASUKIRA IBUMOSO MU MFURUKA YENDA KUBA IGOROROTSE.
Byose ni byo
Icyapa A
Icyapa B
Icyapa C
Icyapa D
Mu kayira k'amagare cyangwa mu muhanda
Mu kayira k'amagare gusa
Mu muhanda gusa
Ibinyabiziga bihegereye bigatambuka
Ibinyabiziga byahageze bigatambuka
Ibinyabiziga bigendamo bigatambuka
Nta gisubizo cy'ukuri kirirmo
Igihe uri kubusikana
Uwuvamo ari uko ugiye guhindura icyerekezo.
Igihe ugiye guhagarara
Feri y’urugendo
Feri yo guhagarara umwanya munini
Feri yo gutabara
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Gucuranga umuziki cyane.
Kuva mumuhanda urombereje w’ibice byinshi, ugahagarara ahantu hatekanye.
kwihuta cyane kugirango usoze urugendo vuba.irango
Itara ndangamubyimba
Itara ryerekana icyerekezo
Itara ndangaburumbarare
Ibisubizo byose ni ukuri
Metero 3 habariwemo ibyo kikoreye
Metero 4 habariwemo ibyo kikoreye
Uburemere bw’ikidapakiye.
Uburemere bugendanwa.
Nta nakimwe kirimo
70km/h
50km/h
80km/h
Ni igikoresho cyose gikoze mu biziga.
Igikoresho cyose gikoreshwa mu gutwara ibintu n’abantu ku butaka, igihingishwa, gikoreshwa mu nganda n’ahandi.
A na B ni ibisubizo by'ukuri
Ku binyabiziga by’ingabo bijya ahatarenga km25
Ibinyabiziga bihinga
Ibinyabiziga bya police
Igikomatanyije
Remoroki
Makuzungu
Ni ikinyabiziga cyakorewe gukurura ibinyabiziga byinshi
Ni ikinyabiziga gikurura ikindi
Ikinyabiziga gifatanije n’ikindi ari makuzungu.
Rivuga umuntu wese ukora akazi ke kandi abifitiye ubushobozi niyo
bivuga umwe mu bakozi bavugwa mu ngingo ya 3 y'iri teka, wambaye ku buryo bugaragaza ibimenyetso by'imirimo ashinzwe.
Rufite agaciro ku nzego z'ubiyobozi bw'akarere utuyemo.
Rufite agaciro ku nzego zose.
Nta gisubizo cy'ukuri kirimo