Mu muhanda aho ugabanyijemo ibisate bigaragazwa n’imirongo idacagaguye
A na B ni ibisubizo by’ukuri
Hitamo igisubizo nyacyo
Kunyura ku binyabiziga bindi, uretse icy’ibiziga bibiri, bibujijwe aha hakurikira
Hafi y’iteme iyo hari umuhanda ufunganye
Hafi y’aho abanyamaguru banyura
Hafi y’ibice by’umuhanda bimeze nabi
Ibi bisubizo byose ni ukuri
Hitamo igisubizo nyacyo
Mbere yo kwinjira mu isangano aho agomba kuzenguruka, umuyobozi w'ikinyabiziga agomba:
Guhagarara akanya gato
Kureka ibinyabiziga byahageze bigatambuka
Gukomeza kugenda igihe bimworoheye
Hitamo igisubizo nyacyo
Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni
Toni 10
Toni 12
Toni 16
Toni 24
Hitamo igisubizo nyacyo
Ibinyabiziga bigomba kugira Itara ry'ubururu rimyatsa ribonesha impande zose, ni ibi bikurikira;
Ibinyabiziga by gisirikare
Ibinyabiziga ndakumirwa
Ibisubizo byose nibyo
Hitamo igisubizo nyacyo
Isonga y'impombo yohereza ibyotsi ntishobora kwerekezwa aha hakurikira
Ibumoso bw'ikinyabiziga
Iburyo bw'ikinyabiziga
Inyuma h'ikinyabiziga
Nta gisubizo cy'ukuri kirimo
Hitamo igisubizo nyacyo
Urwego D rugenewe imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya yo kwicarwamo haabariwemo uw'umuyobozi: