Aho abanyamaguru banyura mu muhanda ngo bakikire inkomyi
Ibisubizo byose nibyo
Hitamo igisubizo nyacyo
Mu misozi miremire aho ibisikana ridashoboka cyangwa riruhije kandi ibinyabiziga bihuye ari ibyo mu rwego rumwe, bigomba gusubira inyuma ni:
Ibinyabiziga bizamuka
Ibinyabiziga bimanuka
Ibinyabiziga bito
Nta gisubizo cy'ukuri kirirmo
Hitamo igisubizo nyacyo
Hasigwa ubugari bungana iki iyo umuyobozi anyuze ku nkomyi?
Hasigwa metero 2
Hasigwa metero 1
Nta gisubizo cy'ukuri kirimo
Hitamo igisubizo nyacyo
Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko umuvuduko ntarengwa w’amapikipiki mu isaha ni
Km25
Km70
Km40
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Hitamo igisubizo nyacyo
Ibinyabiziga bigomba kugira Itara ry'ubururu rimyatsa ribonesha impande zose, ni ibi bikurikira;
Ibinyabiziga by gisirikare
Ibinyabiziga ndakumirwa
Ibisubizo byose nibyo
Hitamo igisubizo nyacyo
Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni