Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini mu muhanda wo hagati mu nzira igizwe n'imihanda:
Ibiri
Itatu
Ine
Hitamo igisubizo nyacyo
Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni