.
Hitamo uburyo ubinyuzamo
whatsapp
Facebook
Twitter
rw
Kanda *182*7*1#
Ukurikize amabwiriza yo kwishyura
Pack ugura iyo ariyo yose, urahabwa code muri sms uzajya ukoresha igihe cyose ugiye gukora ikizamini cy’umwitozo.
Ibizamini 15
1,000 RWF
Amasaha 24
Ibizamini 25
2,000 RWF
Iminsi 7
Ibizamini 60
5,000RWF
Iminsi 30
Ibizamini bidashira
10,000RWF
Amezi 3
Iga kugeza utsinze
30,000RWF
Amezi 12 + Kwandikishwa kubuntu
Kwishyura ninako kwemera amategeko n'amabwiriza
hagarika
Iyandikishe
Tangira
Gura code
Tangira ikizamini
Amategeko y'ibanze
Kugenda mumuhanda
Ibinyabiziga
Ibimenyetso
Ibiranga Ibinyabiziga
Imigenzurire n'imiterere y'ibinyabiziga
Inama
5Â months, 1Â week
Amakuru
Hagarara akanya gato
Ibimenyetso bimurika
Harabisikanirwa
Inkomane ( Gutambuka mbere hakirikijwe amategeko rusange)
Hagarara
Nta na kimwe kirimo
Gutambuka mbere kw'ibinyabiziga biturutse aho ujya
Birabujijwe gutambuka udahagaze akanya gato
Umuhanda ubisikanwamo
Ntihanyurwa
batambukiramo mbere 5 Nunanyurwa
Umuhanda ukomeza
Umuhanda utaringaniye
Ifungana ry'umuhanda
Zitarenze 20 kandi dutandukanijwe n'intera ya metero 10
Zitarenze 10 kandi dutandukanijwe n'intera ya metero 20
Zirenze 10 kandi kandi dutandukanijwe n'intera ya metero 10
Ni igihe cyose
Igihe umuhanda ugendwamo mu cyerekezo kimwe.
Igihe umuhanda ugendwamo mu byerekezo 2.
Kurengera inzira y’abanyamaguru.
Amategeko y'abanyamaguru
A na B ni ibisubizo by'ukuri
Itara ndangamubyimba
Itara ryerekana icyerekezo
Itara ndangaburumbarare
Ibisubizo byose ni ukuri
Amatara 2 y'umuhondo cyangwa asa n'icunga rihishije
Amatara 2 y'umutuku
Amatara 2 yera
Itara 1 ritukura
Gucuranga umuziki cyane.
Kuva mumuhanda urombereje w’ibice byinshi, ugahagarara ahantu hatekanye.
kwihuta cyane kugirango usoze urugendo vuba.irango
80km/h
70km/h
60km/h
Feri y'urugendo idakora
Kurekurana ari iby'akanya gato nk'igihe cyo guhinduranya vitensi
Kurekurana bireba feri y'urugendo cyangwa feri yo gutabara igihe zidakora neza
18m
14m
24m
Nta gisubizo cy'ukuri kirimo
santimetero 55
santimetero 100
Ntagisubizo kirimo
Ni Ikinyabiziga cyose kigendeshwa n’ingufu z’abantu
Ikinyabiziga cyose kigendeshwa n’ingufu za moteri nini
Ikinyabiziga cyose kigendeshwa n’ingufu za moteri ntoya
Igikomatanyije
Remoroki
Makuzungu
Rivuga umuntu wese ukora akazi ke kandi abifitiye ubushobozi niyo
bivuga umwe mu bakozi bavugwa mu ngingo ya 3 y'iri teka, wambaye ku buryo bugaragaza ibimenyetso by'imirimo ashinzwe.
Nta nakimwe kirimo
Rufite agaciro ku nzego z'ubiyobozi bw'akarere utuyemo.
Rufite agaciro ku nzego zose.
Amasaha amwe n'amwe
Igihe ari ngombwa
Mu buryo busimburana
N'umukozi ubifitiye ububasha